Perezida Kagame yasabye ibihugu biri muri G20 kororhereza ibindi bikiri munzira y'amajyambere bifite amadeni
Perezida Kagame yasabye ibihugu 20 bya mbere bikize, kugira uruhare mu bikorwa bifasha ibikiri mu nzira y’amajyambere ku buryo bitaremererwa n’amadeni bifite.