New government,new things.lets wait and see
Install Palscity app
نظر با موفقیت گزارش شد.
پست با موفقیت به جدول زمانی شما اضافه شد!
شما به حد مجاز 100000 دوست خود رسیده اید!
خطای اندازه فایل: فایل از حد مجاز (488 MB) فراتر رفته و نمی توان آن را آپلود کرد.
ویدیوی شما در حال پردازش است، زمانی که برای مشاهده آماده شد به شما اطلاع خواهیم داد.
امکان آپلود فایل وجود ندارد: این نوع فایل پشتیبانی نمی شود.
ما برخی از محتوای بزرگسالان را در تصویری که آپلود کردهاید شناسایی کردهایم، بنابراین روند آپلود شما را رد کردهایم.
برای آپلود تصاویر، ویدئوها و فایل های صوتی، باید به عضو حرفه ای ارتقا دهید. پیشرفت
برای فروش محتوا و پست های خود، با ایجاد چند بسته شروع کنید. کسب درآمد
Niringiyimana Patrick
Muraho neza Radio Rwanda ndi umukobwa mfite imyaka 28 mvukana n'abana 6 papa wacu amaze imyaka imyaka 12 apfuye.
Kuva icyo gihe twabaye ho mu buzima bugoye kuko mama akazi yari afite ntiyari kubona uko aturihira kandi imiryango nayo yasaga nk'iyadutaye.
Ngeze muri secondaire Hari umugabo duturanye wandihiye ngo kuko nari nabaye uwa mbere mu kigo nigaga ho primaire.
Gusa mu kwemera kundihira yasabye mama ko ibiruhuko nibizajya bigera ngomba kujya njya kuba yo kugira ngo mbafashe imirimo, kuko nta yandi mahitamo mama yari afite yarabyemeye.
Naje kwiga ,nigana umwete aho naje kubona amanota meza ubu ndasoza kaminuza uyu mwaka.
Gusa icyaje kuntungura nuko wa mugabo wandihiye ishuri yaje kubona akazi hanze y'igihugu ambwira ko bitewe nuko ambona ngo navamo umugore mwiza akaba ariyo mpamvu ashaka kuncakira ishuri mu gihugu agiye gukorera mo tukajya tubana nk'umugore n'umugabo ngo bikaba ikiguzi cy'uko yandihiye secondaire yose.
Mu by'ukuri kuba hanze narabyifuzaga ariko uwo mugabo mufata nka papa mba mbona bitavamo ,gusa ikiri kumpangayikisha nuko yamaze kubibwira mama ko azangira umugore ubwo yemeraga kundihira ishuri.
Ubu byancanze nagira mwe mwangira inama.
Ndabakunda
حذف نظر
آیا مطمئن هستید که می خواهید این نظر را حذف کنید؟
Leonice Mwalimo
حذف نظر
آیا مطمئن هستید که می خواهید این نظر را حذف کنید؟