Ubusanzwe Emmanuel Tuyishime yakoraga akazi ko kwita ku matungo y’ingurube, Valens Nzeyimana wamukoreshaga yabwiye UMUSEKE ko amakuru bayamenye bayabwiwe na mugenzi wa nyakwigendera bakoranaga.
Ati “Nijoro nka saa cyenda nahurujwe n’umukozi wabanaga na nyakwigendera yari kumwe n’abandi baturage babiri bambwira ko arembye kuko hakekwaga ko yanyoye umuti ushyirwa ku myaka wica udusimba witwa”rocket”.”
Nzeyimana Valens yakomeje avuga ko babibwiwe n’uko mu icupa iyo “rocket” yari irimo itari ikirimo cyakora bihutiye kumuha amata (nk’ubutabazi bw’ibanze) ariko birangira arapfa.
UMUSEKE wabajije Valens icyo bacyeka cyaba cyateye nyakwigendera kwiyahura maze asubiza ko yari yanyoye n’inzoga.
Ati “Ikigaragara yari yanyoye inzoga nyinshi ariko ibyo ntibyari gutuma yiyahura, ahubwo ndakeka amakimbirane yari afitanye n’umugore we kuko nanamuhaye uruhushya ndanamuhemba ngo ajye gusangira Noheli n’umuryango we ntiyajyayo ariko nta kindi kibazo wabonaga afite.”
Nzeyimana Valens yakomeje avuga ko babibwiwe n’uko mu icupa iyo “rocket” yari irimo itari ikirimo cyakora bihutiye kumuha amata (nk’ubutabazi bw’ibanze) ariko birangira arapfa.
UMUSEKE wabajije Valens icyo bacyeka cyaba cyateye nyakwigendera kwiyahura maze asubiza ko yari yanyoye n’inzoga.
Ati “Ikigaragara yari yanyoye inzoga nyinshi ariko ibyo ntibyari gutuma yiyahura, ahubwo ndakeka amakimbirane yari afitanye n’umugore we kuko nanamuhaye uruhushya ndanamuhemba ngo ajye gusangira Noheli n’umuryango we ntiyajyayo ariko nta kindi kibazo wabonaga afite.”
Nzeyimana Valens yakomeje avuga ko babibwiwe n’uko mu icupa iyo “rocket” yari irimo itari ikirimo cyakora bihutiye kumuha amata (nk’ubutabazi bw’ibanze) ariko birangira arapfa.
UMUSEKE wabajije Valens icyo bacyeka cyaba cyateye nyakwigendera kwiyahura maze asubiza ko yari yanyoye n’inzoga.
Ati “Ikigaragara yari yanyoye inzoga nyinshi ariko ibyo ntibyari gutuma yiyahura, ahubwo ndakeka amakimbirane yari afitanye n’umugore we kuko nanamuhaye uruhushya ndanamuhemba ngo ajye gusangira Noheli n’umuryango we ntiyajyayo ariko nta kindi kibazo wabonaga afite.”
Nzeyimana Valens yakomeje avuga ko babibwiwe n’uko mu icupa iyo “rocket” yari irimo itari ikirimo cyakora bihutiye kumuha amata (nk’ubutabazi bw’ibanze) ariko birangira arapfa.
UMUSEKE wabajije Valens icyo bacyeka cyaba cyateye nyakwigendera kwiyahura maze asubiza ko yari yanyoye n’inzoga.
Ati “Ikigaragara yari yanyoye inzoga nyinshi ariko ibyo ntibyari gutuma yiyahura, ahubwo ndakeka amakimbirane yari afitanye n’umugore we kuko nanamuhaye uruhushya ndanamuhemba ngo ajye gusangira Noheli n’umuryango we ntiyajyayo ariko nta kindi kibazo wabonaga afite.”
Nzeyimana Valens yakomeje avuga ko babibwiwe n’uko mu icupa iyo “rocket” yari irimo itari ikirimo cyakora bihutiye kumuha amata (nk’ubutabazi bw’ibanze) ariko birangira arapfa.
UMUSEKE wabajije Valens icyo bacyeka cyaba cyateye nyakwigendera kwiyahura maze asubiza ko yari yanyoye n’inzoga.
Ati “Ikigaragara yari yanyoye inzoga nyinshi ariko ibyo ntibyari gutuma yiyahura, ahubwo ndakeka amakimbirane yari afitanye n’umugore we kuko nanamuhaye uruhushya ndanamuhemba ngo ajye gusangira Noheli n’umuryango we ntiyajyayo ariko nta kindi kibazo wabonaga afite.”