Nyuma y’igihe kigera ku kwezi Marina atangaje byeruye ko yitandukanyije na The Mane Music Label, inzu yagize uruhare mu

Nyuma y’igihe kigera ku kwezi Marina atangaje byeruye ko yitandukanyije na The Mane Music Label, inzu yagize uruhare mu iterambere rya muzika ye, nyuma Bad Rama akaza gutangaza ko yagarukiye The Mane nyuma yigihe gito, yavuzeibyatumye agaruka muri iyi nzu.

 

Mu ijoro ryo kuwa 30 Gicurasi 2021, Bad Rama yanditse kuri Instagram ye avuga ko uyu Marina yasabye imbabazi ngo asubire muri The Mane nabo barazimuha aho yanasabye abafana kongera kumushyigikira.

Marina ajya gusezera muri The Mane yabikoze nyuma y’uko Queen Cha, Aristide Gahunzire wari umujyanama w’abahanzi muri The Mane, Jay Polly na Safi Madiba.bose bari baramaze gusezera muri iyi nzu.

Icyo gihe byagaragaraga ko The Mane isigariye aho kuko isigayemo gusa Calvin Mbanda na we udafite amasezerano nk’umuhanzi ukorana n’iyi nzu.Mu kiganiro yagiranye na Yambi Tv Marina yavuze ko yari yasezeye kuri The Mane kuko hari ibyo batabashije kumvikanaho ariko nyuma yo kubikemura, bakiyemeza gukomezanya urugendo batangiranye.Mu kiganiro yagiranye na Yambi Tv Marina yavuze ko yari yasezeye kuri The Mane kuko hari ibyo batabashije kumvikanaho ariko nyuma yo kubikemura, bakiyemeza gukomezanya urugendo batangiranye.

Ku wa 30 Gicurasi 2021 nibwo Bad Rama, ni bwo uyu mugabo washoye imari ye mu muziki yatangaje ko yongeye gusubirana n’uyu muhanzikazi.Mu kiganiro yagiranye na Yambi Tv Marina yavuze ko yari yasezeye kuri The Mane kuko hari ibyo batabashije kumvikanaho ariko nyuma yo kubikemura, bakiyemeza gukomezanya urugendo batangiranye.Mu kiganiro yagiranye na Yambi Tv Marina yavuze ko yari yasezeye kuri The Mane kuko hari ibyo batabashije kumvikanaho ariko nyuma yo kubikemura, bakiyemeza gukomezanya urugendo batangiranye.

Mu kiganiro yagiranye na Yambi Tv Marina yavuze ko yari yasezeye kuri The Mane kuko hari ibyo batabashije kumvikanaho ariko nyuma yo kubikemura, bakiyemeza gukomezanya urugendo batangiranye.Mu kiganiro yagiranye na Yambi Tv Marina yavuze ko yari yasezeye kuri The Mane kuko hari ibyo batabashije kumvikanaho ariko nyuma yo kubikemura, bakiyemeza gukomezanya urugendo batangiranye.


Josue Iratuzi

529 Blog posts

Comments