Misiri: Gusa na Messi bimugize icyamamare
Mohammed Ibrahim Battah, umunya Misiri usanzwe ukora umwuga wo gusiga amarangi, yabaye icyamamare kuko asa ku buryo butangaje na Lionel Messi, umunya Argentine ufatwa nk’umukinnyi wa mbere ku isi muri ruhago.
Battah w’imyaka 27, yabaye icyamamare ku mbuga nkoranyambaga muri icyo gihugu cya Misiri, aho akunzwe cyane n’abafana ikipe ya FC Barcelone.
Battah, yatangarije ibitangazamakuru ko abantu batangiye kumubwira ko asa na Messi, mu gihe yatangiraga gutereka ubwanwa. Yagize ati "Hari ubwo nanjye narebaga amafoto nkabona koko turasa", nk’uko tubikesha Reuters.
Mohammed Ibrahim Battah, umunya Misiri usanzwe ukora umwuga wo gusiga amarangi, yabaye icyamamare kuko asa ku buryo butangaje na Lionel Messi, umunya Argentine ufatwa nk’umukinnyi wa mbere ku isi muri ruhago.
Battah w’imyaka 27, yabaye icyamamare ku mbuga nkoranyambaga muri icyo gihugu cya Misiri, aho akunzwe cyane n’abafana ikipe ya FC Barcelone.
Battah, yatangarije ibitangazamakuru ko abantu batangiye kumubwira ko asa na Messi, mu gihe yatangiraga gutereka ubwanwa. Yagize ati "Hari ubwo nanjye narebaga amafoto nkabona koko turasa", nk’uko tubikesha Reuters.
Mohammed Ibrahim Battah, umunya Misiri usanzwe ukora umwuga wo gusiga amarangi, yabaye icyamamare kuko asa ku buryo butangaje na Lionel Messi, umunya Argentine ufatwa nk’umukinnyi wa mbere ku isi muri ruhago.
Battah w’imyaka 27, yabaye icyamamare ku mbuga nkoranyambaga muri icyo gihugu cya Misiri, aho akunzwe cyane n’abafana ikipe ya FC Barcelone.
Battah, yatangarije ibitangazamakuru ko abantu batangiye kumubwira ko asa na Messi, mu gihe yatangiraga gutereka ubwanwa. Yagize ati "Hari ubwo nanjye narebaga amafoto nkabona koko turasa", nk’uko tubikesha Reuters.