Ibihugu bya Afurika byiyemeje ubufatanye mu kubyutsa ubukerarugendo
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwatanze ibihembo ku bitabiriye ibikorwa by’imurikabikorwa mu cyumweru cy’ubukerarugendo bw’u Rwanda, ariko runasaba abashoramari bo mu rwego rw’ubukerarugendo kugira uruhare runini mu gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya covid-19.
Philis Mungai
Delete Comment
Are you sure that you want to delete this comment ?