Niyoyita Aloys created a new article
2 yrs - Translate

Kaminuza y’u Rwanda mu ihurizo ry’abayibereyemo imyenda yakayabo ka miliyari 6.8 Frw hatazwi uko azagaruzwa. | #Rtv

Kaminuza y’u Rwanda mu ihurizo ry’abayibereyemo imyenda yakayabo ka miliyari 6.8 Frw hatazwi uko azagaruzwa.

Kaminuza y’u Rwanda mu ihurizo ry’abayibereyemo imyenda yakayabo ka miliyari 6.8 Frw hatazwi uko azagaruzwa.

Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yavuze ko kugeza uyu munsi Kaminuza y’ u Rwanda [UR], ifite abantu benshi bayibereyemo imyenda ingana na miliyari zirenga 6.8Frw, adafitiwe amakuru y’uko yazagaruzwa cyangwa ngo abarimo iyo myenda bishyure.

Install Palscity app