Twongereyeho 10%, kandi bizakomeza kugeza ubwo mwarimu azaba ahembwa hejuru y’abandi bakozi ba Leta - Munyakazi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Dr. Isaac Munyakazi, avuga ko kuba umwarimu, umuganga n’umusirikare ari ubutwari kuko bisaba kwitanga nyamara nta n’amafaranga ahagije abibamo.
MONALISA KULWA
Delete Comment
Are you sure that you want to delete this comment ?